in

Ntikagikubitwa! Mu Rwanda, umugore agowe n’ubuzima bwo kubana n’umugabo we utacyimukorera gahunda zo mu mashuka kuva bakora ubukwe

Ntikagikubitwa! Mu Rwanda, umugore agowe n’ubuzima bwo kubana n’umugabo we utacyimukorera gahunda zo mu mashuka kuva bakora ubukwe.

Ku rubuga rwa Facebook, umugore yagishije inama.

Yagize ati: “Umugabo wanjye yakoze impanuka tukimara gukora ubukwe. Aba pararize igice cyo hasi cyose, kuburyo na gahunda zo kubaka urugo nziheruka icyo gihe. Hashize umwaka bibaye ariko kwihangana bimaze kunanira. Noneho kuva aho byabereye ntakinyizera na gato, ampozaho ijisho, sinkigira aho njya tutajyanye. Twagerageje abaganga benshi ariko bose batubwira ko amahirwe yo gukira ari make kandi njye ndashaka umwana rwose. Nabibwiye iwacu barambwira ngo nindamuka muretse sinzabona undi mugabo ufite amafaranga nkaye. Ese nzakomeza mbeho gutya ku myaka yanjye 25 koko? Mungire inama.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Byiringiro Lague uri gutsinda ubutitsa i Burayi, yateye agahinda umutoza Jimmy Mulisa

Umugore w’i Rwamagana yaguye gitumo umugabo we ari gusambanyiriza mu bihuru umwana w’umuturanyi