in

Ntibisanzwe: Muri America imbwa yarashe sebuja maze ahasiga ubuzima

Muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika haravugwa inkuru y’urupfu rutangaje aho imbwa yarashe sebuja mu buryo bw’impanuka maze arapfa, ubwo bari bagiye guhiga.

Nk’uko bitangazwa na Hollywood Unlocked dukesha iyi nkuru,  ivuga ko iyi mbwa yakandagiye ku mbuga yo mu bwoko bwa “Rifle” ubwo yari irambitse hasi igahita irasa uwo mugabo witwa Joseph Austin Smith w’imyaka 30.

Polisi y’agace ka Summer County yavuze ko iyi mbunda yari irambutse mu modoka y’uyu mugabo iyi mbwa iyikandagira mu buryo bw’impanuka irirasa isasu rimufata mu mugongo.

Polisi ikhagera yasanze uyu mugabo ari guhumeka insigane bamufasha mu buryo bwa “CPR” ariko aranga ashiramo umwuka.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Videwo isekeje: Hirwa Ambassadeur yagaruye Joriji Baneti waciye ibintu mu bitabo by’abana yagarutse muburyo bw’amashusho

Umwalimu yagaragaye akubita bikabije ibirenge bitambaye inkweto by’umwana w’umunyeshuri (AMASHUSHO)