in

“Ntashyari mufitiye, kandi ni se w’abana banjye” Zari Boss Lady yasubije muri Tanzania aho yakirijwe ibibazo by’ibanda ku ishyari afitiye wa mukobwa wasomanye na Diamond Platnumz

Zari Boss Lady yasubije muri Tanzania aho yakirijwe ibibazo by’ibanda ku ishyari afitiye wa mukobwa wasomanye na Diamond Platnumz.

Zari The Boss Lady yasobanuye uburyo yatandukanye na Diamond Platinumz avuga ko adatewe ikimwaro n’ibyo yakoze ndetse ngo ntanishyari amufitiye.

Uyu mugore Zari uri kubarizwa muri Tanzania yavuze ibyo ubwo yageraga ku kibuga cy’indege kizwi nka Julius Nyerere International Airport.

Yavuze ko ntashyari na rimwe yigeze agirira Fantana na Diamond Platinumz gusa yemeza ko Diamond Platinumz ari se w’abana be.

Yagize ati:” Njyewe ntabwo nigeze ngirira Fantana ishyari, ikibazo nagize nuko Diamond Platinumz ari se w’abana banjye.Ikibazo nagize ni uko yicaranye n’uriya mugore wo muri Ghana.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru y’inshamugongo kuri ya Ngagi yari imaze igihe kinini mu Rwanda kurusha izindi zose zihari

“Reka Ngusome Wenda Bazawuce” – Dore Umutoma Usekeje