in

“Ntabwo umugabo yahazwa n’umugore umwe” ikiganiro cy’abagore baba Islam barimo baganira ku buryo abagabo babo bagomba kujya barongora abagore benshi, gikomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga – videwo

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho y’abagore babiri baba Islam barimo baganira ku myemerere yabo yuko umugabo atagomba gushaka umugore umwe.

Aba bagore bumvikana bemeza ko umugabo atahazwa n’umugore umwe byibuza ko aba agomba gushaka abagore bane. – reba videwo

 

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Birabe ibyuya! Mukansanga Salima yakuwe mu basifuzi bazasifura igikombe cy’Afuruka kubera urwego rwe CAF itishimiye

Birasekeje! Rutahizamu wa FC Barcelona yataye bagenzi be mu kibuga ajya mu bwiherero amarayo iminota irenga 9 abandi bari gukina