in

“Ntabwo ndasinya” Muhire Kevin urimbanyije imyitozo muri Rayon Sports yashyize abafana bayo mu rujijo nyuma y’ibyo yatangarije itangazamakuru

“Ntabwo ndasinya” Muhire Kevin urimbanije imyitozo muri Rayon Sports yashyize abafana bayo mu rujijo nyuma y’ibyo yatangarije itangazamakuru.

Mu myitozo yo ku munsi w’ejo, Muhire Kevin yakoze imyitozo muri Rayon Sports nyuma yo gutangazwa nk’umukinnyi mushya w’iyi kipe.

Nyuma y’imyitozo, Muhire Kevin yavuze ko atari yasinya muri Rayon Sports.

Ubwo umunyamakuru yamubazaga igihe yasinye muri Rayon Sports, Muhire Kevin yavuze ko azabitangaza mu minsi iri imbere kuko atari yasinya muri iyi kipe.

Umunyamakuru amubwiye ko hari amakuru avuga ko yasinye muri iyi kipe kugeza mu kwa mbere, Kevin yongeye gushimangira ko atari yasinya.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

RIP: Uwayoboye ikipe yo mu Rwanda igihe kingana n’imyaka 6, yitabye Imana mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal

Ubwose umugabo umeze gutyo uzamukurahe! Shaddyboo yavuze abagabo akunda uko baba bameze