in

Ntabwo muzongera gucyesha! Ibikorwa by’imyidagaduro byashyiriweho isaha ntarengwa ndetse bikumirwa kongera gucyesha

Ntabwo muzongera gucyesha! Ibikorwa by’inyidagaduro byashyiriweho isaha ntarengwa ndetse bikumirwa kongera gucyesha

Mu rwego rwo kwirinda kubangamira abatura Rwanda, ubu ibitaramo n’ibindi bikorwa by’imyidagaduro byashyiriweho isaha ntarengwa bizajya bifungirwaho.

Inama y’abaministiri yemeje ko ibikorwa nk’ibyo mu gihe k’imibyizi bizajya bifunga saa saba z’ijoro naho mu minsi ya weekend bigafungwa saa munani z’ijoro.

Ibi bizatangira gukurikizwa guhera taliki yambere nzeri 2023 , ibi kandi ni mu rwego rwo kwirinda kubangamira abatura Rwanda cyane cyane abaturiye aho ibi bitaramo bibera.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Azi kubara amezi ye neza si nka za nkumi zihora ziyahuza ibinini! Zuchu yatangaje ikintu ku nda bivugwa ko yatawe na Diamond Platnumz nyuma yo kumurya akantu

Akaguru kahise gahindukira! Umukinnyi wahoze ukinira Real Madrid yakandagiye umukinnyi ukomeye wa Argentina akaguru karahindukira (Videwo)