in

“Ntabwo mfana Imana na Satani ” Umuraperi Bushali yavuze abantu afana byakiranwa akanyamuneza (Videwo)

Umuraperi Bushali uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda, yavuze ko atari umufana wa Satani ndetse anahakana ko atari umufana w’Imana.

Bushali wivugira ko inkuta za Arena yazititije yahakanye ko ari umufana w’Imana na Satani ahubwo avuga abo afana bitungura benshi.

Ibi yabivuze mu kiganiro yagiranye na Yago Tv Show ikorera ku muyoboro wa YouTube.

Mu kiganiro Bushali yavuze ko adafana Satani nuko YAGO wari uri kumukoresha ikiganiro amubaza impamvu afana Imana, aho Bushali yahise avuga ko atari umufana w’Imana.

Nyuma yo kuvuga gutyo, Bushali yahise abazwa abo afana, aho yahise avuga ko afana Mama we na Papa we bamwibarurse.

VIDEWO:

https://www.instagram.com/reel/CkbWYQxqnyf/?igshid=YmMyMTA2M2Y=

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ikibumbano cya Sadio Mané gikomeje gusetsa abantu benshi cyane abandi bacika ururondogoro(Amafoto)

Mu kenda kagufi: Umunyamakurukazi muri Siporo yongeye gutera irari abamukurikira (Amafoto)