in

Ntabwo byari byoroshye: Masamba yageze muri Canada yakirwa mu buryo bwihariye mu bintu bimujyanye harimo n’urupfu rw’umuhanzi ukomeye cyane uherutse kwitaba Imana 

Ntabwo byari byoroshye: Masamba yageze muri Canada yakirwa mu buryo bwihariye mu bintu bimujyanye harimo n’urupfu rw’umuhanzi ukomeye cyane uherutse kwitaba Imana.

Umuhanzi ukomeye cyane hano mu Rwanda uririmba indirimbo gakondo yageze mu mujyi wa Ottawa wo mu gihugu cya Canada aho yakirijwe imodoka nziza cyane yanditseho amazina ye.

Uyu mugabo yitabiriye igitaramo cyateguwe mu rwego rwo kwizihiza no kuzirikana ubuzima bw’umuhanzi Young CK uherutse kwitaba Imana akaba yari amubereye nyirarume.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubwiza burivugira! Ikibuga cy’indege cya Kanombe cyiri mu bibuga bitatu bya mbere byiza kandi bifite isuku muri Afurika

Abahungu baramutinya: Zaya Wade wavutse ari umuhungu nyuma akaza kwihinduza igitsina agahabwa icy’abakobwa yatangaje ko ashaka umukunzi