in

“Ntabwo ari umwana” Mu burakari bwinshi cyane Zari Boss Lady yiyamye abantu birirwa bavuga ko yafatiranye umwana w’umusore bari mu rukundo akamukoresha mu kwimara irari

Mu burakari bwinshi cyane Zari Boss Lady yiyamye abantu birirwa bavuga ko yafatiranye umwana w’umusore bari mu rukundo akamukoresha mu kwimara irari.

Zari yiyamye abavuga ko Shakib ari umwana ugereranyije n’uyu mugore umaze kubyara abana bagera kuri batanu.

Zari yavuze ko Shakib atari umwana nk’uko babikeka kuko ngo afite imyaka 30 mu gihe Zari we afite 43.

Uyu muherwe akomeza avuga ko hari abagabo bashaka abakobwa bato ntibibe induru ngo ariko kuri we wishakiye uwo arusha imyaka babigize birebire.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Agacupa kazarikora: Ababyeyi babiri banyweye agacupa baragahaga maze kabatamariza kukarubanda (video)

Umunyamakuru Cyuzuzo J d’Arc uherutse kwibaruka nyuma y’amezi atandatu ashyingiwe, yagize icyo avuga mu bihe yari ari gucamo (AMAFOTO)