in

“Ntabwo abantu bari bakwiye gutinya RIB” Umuvugizi wa RIB yavuze uko bigenda iyo uru rwego ruguhamagaje ukanga kwitaba ndetse amara ubwoba abantu bumvako iyo iguhamagaje utagaruka mu rugo (VIDEWO)

Umuhanzi w’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, Dr Murangira B. Thierry yamaze ubwoba abatinya uru rwego bavuga ko iyo ruguhamagaje utajya ugaruka mu rugo.

Dr Murangira yavuze ko RIB idahamagaza umuntu ufite icya gusa kuko ishobora no kuguhamagaza igushakamo amakuru.

Yatangaje ko kandi abantu batagakwiye gutinya RIB kuko ari urwego rw’abaturage yongeraho ko iyo uhamagajwe ukanga kwitaba, uzanwa ku gahato.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

I Kigali, Umugabo yatatse abapolisi bahita bamuhamagariza Aba-Dasso baramufata ahita abacika ajya kuri TV1 asanga KNC na Mutabaruka mu kiganiro ngo bamurenganure [VIDEWO]

Birasaba kwigomwa ibintu bikomeye cyane kugirango ureba umukino Rayon Sports izakinamo na Sunrise FC kandi izi kipe zirimo gutera isekuru muri Shampiyona