in

Nta kurya indimi Rufonsina yavuze abantu bamusabye ruswa y’igitsina ariko akababera ibamba gusa n’ubundi icyo yashakaga kugera ho birangira akigeze ho ndetse n’abo bamusabaga arabima

Nta kurya indimi Rufonsina yavuze abantu bamusabye ruswa y’igitsina ariko akababera ibamba gusa n’ubundi icyo yashakaga kugera ho birangira akigeze ho ndetse n’abo bamusabaga arabima

Umukinnyikazi wa Filime Uwimpundu Sandrine wamamaye nka [Rufonsina] muri filime “Umuturanyi” ubwo yabazwaga ku nzitizi ziri muri cinema nyarwanda yavuze ko higanje mo Ruswa zamoko yose.

Rufonsina yatangaje ko abakinnyi benshi ba filime bavunika cyane cyane mu ntangiriro ariko bigafata ubusa, bitewe no kubura ababatiza amaboko ngo kuko abalakuzamuye baba bashaka ruswa y’igitsina cg iyamafaranga.

Cyane Cyane yavuze ko ibi bikorwa nabiyita ko bazamura impano zigiye zitandukanye ndetse avuga ko kugira ngo aba naguhite mo banyura inyuma bakaza ku kwaka ruswa kugira ngo bagire aho bagutambutsa, ngo kd mu byukuri biba ari ubuntu.

Yavuze ko yabangamiwe no kwakwa ruswa y’igitsina ndetse n’amafaranga kugira ngo azamurwe, ariko akihagararaho akizera Imana ikamuzamura ku gihe gikwiye.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Anita Pendo atunguwe n’ibintu byakorewe umuhungu we ku ishuri ubwo yari yagiye kwiga (VIDEWO)

Rayon Sports yazuye umugara nyuma y’ibyo bari kuyishinja nayo ihita yandikira FERWAFA iyisaba kurenganura amakipe yo mu Rwanda arimo guhohoterwa bikomeye n’abiyise abafasha