in

Nta bakinnyi bandi baturusha umupira mubakina hagati mu makipe yo mu Rwanda

Abakinnyi babiri b’ikipe y’igihugu na AS Kigali aribo  Niyonzima Olivier Sefu na Kalisa Rachid bahamyako nta bakinnyi babarusha gukina neza mu kibuga hagati mu bakina muri champion yu Rwanda.
Ubwo bari mu kiganiro cyivuga amakuru y’imikino kuri Radio 10 kitwa “Urukiko rw’imikino”gikunzwe na batari bake mu Rwanda abakinnyi bakinira ikipe ya AS Kigali aribo Niyonzima Olivier Sefu na Kalisa Rachid batangajeko kuva batangira gukinana ntabandi bakinnyi babona babarusha gukina neza cyangwa se baba babagora iyo amakipe bakinira yahuye nandi.
Kalisa Rachid uhamyako nta wubarusha gukina neza we na Sefu
Niyonzima Olivier Sefu akinira AS Kigali yagezemo muri 2021 avuye mw’ikipe ya APR FC nyuma yo gusezererwa niyo kipe bamushinja kutitwara neza hanze y’ikibuga nyamara we ibyo abihakana y.ivuye inyuma akavugako bamubeshyera  naho mugenzi we Kalisa Rachid we yaje mw’ikipe ya AS Kigali avuye muri Kiyovu Sport muri 2019.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wema Sepetu wahoze mu rukundo na Diamond platnumz yaciye impaka yerekana umukunzi we ku isabukuru y’amavuko ye (Amafoto)

Fc Barcelone mu marira menshi nyuma yo kuvunikisha abakinnyi 7 babanza mu kibuga