in

Nsanzimfura Keddy yakoze urugendo rutoroshye ajya gushyigikira APR FC gusa yaje kumwereka ko kuyishyigira ari ukoza inkoko (VIDEWO)

Nsanzimfura Keddy yakoze urugendo rutoroshye ajya gushyigikira APR FC gusa yaje kumwereka ko kuyishyigira ari ukoza inkoko.

Umusore Keddy wakiniraga APR FC yavuye mu mujyi wa Ismailia aza gushyigikira bagenzi be bakinanye.

Keddy yavuye mu mujyi wa Ismailia ajya i Cairo gushyigikira APR FC gusa yatashye ababaye nyuma yo y’uko APR FC inyagiwe imvura y’ibitego 6-1.

Keddy yasinye amasezerano y’imyaka ibiri mu kipe ya El-Qanah FC ikina mu Cyiciro cya Kabiri mu Misiri.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo wagukize agira Imana! Anita Pendo yagaragaje ubumenyi budasanzwe afite muri kungufu na karate ubundi acanga inkota n’icumu abagabo bashakaga kumwigondera bagira ubwoba – Videwo

Rayon Sports yatambitswe amashusho y’ubwambure bwa Kapiteni wayo, Rwatubyaye Abdul