in

Nonese ubu najya ku musozi gushaka amafaranga kandi i Kuzimu abayo? Imyizerere ya Junior Rumaga iratangaje – VIDEWO

Umuhanzi w’umusizi Junior Rumaga yatangaje ko abantu bavuga ko i Kuzimu habaho baba bavuga ibyo batazi, ngo abavuga ko habayo amafaranga nawe bazamurangire yo ajye kuyishakiriza.

Uyu musore w’umuhanga mu busizi, we avuga ko i Kuzimu ahafata nko muri Bank, ndetse kandi yasobanuye inkomoko y’umunsi wa ku cyumweru.

VIDEWO

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abirusha ababigize umwuga: Rutahizamu wa Kiyovu Sports Bertrand yagaragaye abyina zi mwe mu mbyino zigezweho kurusha ababyinnyi babigize umwuga (video)

RIB yahamagaje Moses wo muri Moshions kugira ngo yisobanure ku cyaha akurikiranweho