in

Noneho umenya Apr Fc igiye gutsinda bitayigoye! Inkuru nziza ku mukino wambere Apr Fc izakina ku munsi wa mbere wa CAF Champions League

Noneho umenya Apr Fc igiye gutsinda bitayigoye! Inkuru nziza ku mukino wambere Apr Fc izakina ku munsi wa mbere wa CAF Champions League.

Amakuru asa nkaho ari meza ku ikipe ya Apr Fc, ni uko ikipe ya Kaadidka yo muri Somalia igomba kwesurana na Apr Fc yo mu Rwanda ku mukino wa mbere wa CAF Champions League, yandikiye ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda isaba ko umukino ubanza bazakinira hano I Kigali.

Iyi kipe kandi niyo igomba kwakira uyu mukino, bivuze ko ishaka kwakirira Apr Fc  I kigali. Uyu mukino kandi uteganyijwe taliki ya 18 Kanama 2023.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Agahu kazahura n’umunyutsi: Murera yamaze gutangaza abanyamakuru 3 bazaba ari abashyushyarugamba ‘MC’ ku munsi w’Igikundiro

Ikipe izakina na APR FC muri CAF Champions league yagejeje icyifuzo kuri FERWAFA, bikaba byiza ku bakunzi ba APR FC