in

“Nkunda iki gihugu kuko ni cyiza” Mbappé yanyuzwe n’uburyo abaturage bamwakiriye mu gihugu Se avuka – AMAFOTO

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa, Kylian Mbappe uri muri Cameroon akaba ari naho Se umubyara avuka, yishimiye uko yakiriwe muri iki gihugu.

Aganira n’itangazamakuru, Mbappé yagize ati “Meze nkuri mu rugo. Nishimiye kuba ndi aha. Ntabwo mbyibuka neza ariko nkiri umwana najyaga nza hano muri Cameroon, birumvikana ntabwo ari ubwa mbere mpaje, ntabwo natekerezaga ko mpabwe ikaze muri ubu buryo. Nkunda iki gihugu kuko ni cyiza.”

Mbappe na Se barimo bafungura indyo ny’Afurika

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi w’Umurundi, Bizimana Amissi wirukanwe muri Kiyovu Sports, yabengutswe n’ikipe izakina Caf Champions League (Amafoto)

Weekend: ‘Nkuzaba atwaye uyu we s’azaba agushije ishyano’ Umukobwa w’uburanga yakubise inzoga yo mu bwoko bwa Liquor ku munywa gusa mu munota umwe yari atangiye kuruka mu kirometero(Videwo)