in ,

Nizzo yibasiwe ku buryo bukomeye azira amagambo yavuze ku mugore wa SAFI

Ku munsi w’ejo Nizzo yashyize ahagaragara video agaragaramo asobanura ikibazo cyo kuba ataragaragaye mu bukwe bwa SAFI baririmbana muri Urban Boys, aho yavuzeko icyabiteye ari ntakindi ari kuba ataratumiwe ndetse aboneraho no kunyomoza amakuru yari yatangiye guhwihwiswa ko we n’umugore wa Safi baba barigeze gukundana kera, Nizzo yabinyomoje avugako atakunda umukobwa nka Judith… yagize ati :”uriya si goût yanjye.”

Iyo nteruro yavuze agira ati “Uriya si goût yanjye” niyo yatumye Nizzo yibasirwa n’abantu batari bake ku mbuga nkoranyambaga bamunenga ubwiyemezi n’ubwirasi bikabije… isomere bimwe mubyo abafana babwiye Nizzo.

Reba video yatumye Nizzo yibasirwa n’abafana hano:

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikintu umukinnyi ukomeye umaze igihe yerekeje muri PSG yaguze mu kayabo k’amafaranga ahembwa cyatuguye benshi

Ngibi ibintu utigeze umenya kuri Kate bashabe