in

Niyigena Clement ari mu gihirahiro mbere y’umukino APR FC izakinamo na Rayon Sports

Niyigena Clement ari mu gihirahiro mbere y’umukino APR FC izakinamo na Rayon Sports

Nubwo abakunzi ba APR FC bashinjwa kutaza gushyigikira ikipe yabo, kugeza ubu n’abakinnyi bayo ntibazi impamvu kugeza ubu abafana batitabira imikino yabo uko bikwiye.

Mu kiganiro Niyigena Clement yagiranye n’itangazamakuru yavuze ko nawe ubwe ikibazo cy’abafana batitabira imikino yabo Kandi batsinda ngo akibaza cyane.

Yagize ati “Nanjye nibaza icyo kibazo, ni gute ikipe ari iya mbere ariko abafana ntibaza kuyiba hafi, sinzi ngo birapfira he ariko nabo nibashyiremo imbaraga zabo nukuri.”

Ibi uyu mukinnyi yabitangaje ku munsi wejo ubwo ikipe ya APR FC yatsindaga bigoranye ikipe ya Etoile De L’Est igitego 1-0 cyatsinzwe na Ellie Kategaya.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubuyobozi bwa APR FC bwateguye igikorwa gishobora gutuma gutsinda Rayon Sports biba ibintu byoroshye cyane

Dore abasifuzi bazaca impaka hagati ya Rayon Sports na APR FC