in

“Ninge Messi mu bwiza” ShaddyBoo yavuze amahirwe abanyarwanda bagize kubera ubwiza bwe

ShaddyBoo umwe mu Banyarwandakazi bamenyekanye cyane mu bwiza, yongeye gushimangira ko ariwe mwamikazi mu bwiza mu karere.

Uyu mukobwa avuga ko nubwo Miss Rwanda yahagaze ariko aramutse agiyemo ntawamuhiga kuko ariwe Messi mu bwiza.

ShaddyBoo avuga ko abanyarwanda bagize amahirwe yo kugira Messi mu bwiza kuko nta gihugu cyatsinda u Rwanda mu bwiza ku bakobwa.

abinyujije ku rukuta rwe rwa X yasangije ifoto ye ubundi agira ati “Nuko nyine Miss yavuyeho ,nako ntabwo nanjyamo n’ubundi ntawe twahiga njye ndi Queen w’ibihe byose .Mbesse ninjye Messi mubwiza mukarere kose n’afurika mufite amahirwe ko ndi UMUNYARWANDAKAZI “.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Munyakazi Sadate yakijweho umuriro n’umwe mu bakoresha urubuga rwa X washatse kumukebura kubera amagambo yatangaje

Abakinnyi ba RS Berkane yo muri Morocco bafungiwe ku kibuga cy’indege cyo muri Algeria – AMAFOTO