in

“Nimushaka amafaranga yanyu nzayabasubiza” Dj Dizzo akatiye abibaza impamvu adapfa

Dj Dizzo yavuze ko abantu biriwa bamwaka amafaranga bamuhaye ubwo yagarukaga mu Rwanda niba yashaka azayabasubiza.

Ibi yabivuze mu kiganiro yagiranye na 3D TV ikorera ku muyoboro wa YouTube, aho yari ari kubazwa ku buzima bwe.

Ubwo Dj Dizzo yazaga mu Rwanda, yarateranyirijwe maze ayo yateranyirijwe yose yamufashije kugera mu Rwanda, aho yari yaranahawe iminsi ntarengwa yo kubaho kubera yari arwaye cancer.

Nyuma yo kugera mu Rwanda, yatangiye gushinjwa kubeshya ndetse batangira kumusaba amafaranga yabo bamuhaye.

Mu kiganiro Dj Dizzo yahaye 3D TV yavuze ko abashaka amafaranga yabo yiteguye kuyabasubiza.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi batatu bakomeye ba Rayon Sports bari baravunitse basubukuye imyitozo

Ni iki kiri mu ruzinduko rwa perezida wa FERWACY mu gihugu cy’Ubufaransa?