N’ikimwaro kinshi Christine yagize icyo avuga ku mashusho ye y’urukozasoni yafashwe ari mu bwiherero n’umusore.
Umunya Uganda Christine Nampeera uri mu bakunzwe cyane, yasabye imbabazi ku mashusho y’urukozasoni yagiye hanze ari mu bwiherero n’umusore.
Uyu Christine Nampeera, binavugwa ko asanzwe ari umu Kristu w’imbere yavuze ko ubundi atagiraga iriya mico, ahubwo atazi satani wamushutse aho yaturutse, yavuze ko yabitewe na sekibi.
Ni amashusho yibanzweho cyane muri kiriya gihugu kiwabo, kuko abenshi bari bamuzi nk’inyanga mugayo.