in

N’icyo bita kwicukurira imva! Umuhanzi ukunzwe mu Rwanda yamaze kwicukurira imva azashyingurwamo umunsi azaba yapfuye

N’icyo bita kwicukurira imva! Umuhanzi ukunzwe mu Rwanda yamaze kwicukurira imva azashyingurwamo umunsi azaba yapfuye.

Umuhanzi wamamaye cyane mu ndirimbo zitandukanye ku Isi yose, yamaze gushyira k’umusozo imirimo yo gucukura imva azashyingurwamo.

Umuhanzi wakunzwe cyane, Ed Sheeran we ubwe yitangarije ko yarangije gucukura imva ye ndetse ngo ayicukura mumbuga ye ku buryo icyo ategereje ari umunsi urupfu ruzaza rukamutwara.

Ed Sheeran yavuze ko imva ye iteguye neza ngo na cyane ko irimo n’amabuye n’ibindi byo gutuma ikomeza kumera neza.

Yagize ati:”Icyo navuga ni uko imva yo nayirangije kandi iri mumbuga yanjye kandi itindishijwe amabuye.Ubwo rero umunsi nugera nkagenda, ikizaba gisigaye ni uko nzashyirwamo ahongaho”.

Ed Sheeran yatangaje ko yatekereza ko iyo mva ariyo azashyinguramo abo mumuryango we cyangwa abana be aribo; Lyra na Jupier yabyaranye na Cherry Seaborn

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bari guhozanya! Juno Kizigenza na Ariel Wayz bari guhanagurana amarira nyuma yo kwisanga mu kebo kamwe

Kigali umwana w’umukobwa yishwe akuwemo amaso ndetse banamukata imyanya y’ibanga ye ubundi bamusiga yambaye ubusa