in

Nibwo urubanza rugiye gutangira, uko ikibazo cya Rayon Sport na Intare gihagaze

Iki kibazo cya Rayon Sports na Intare FC Ni kimwe mu byabaye imbarutso yo kwegura kwa Nizeyimana Olivier wari umaze amezi 22 gusa ayobora iri Shyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda.

Kuri ubu, Komisiyo y’Amarushanwa muri FERWAFA igomba kwicara kuri uyu wa Kane, bitarenze ku wa Gatanu, igafata umwanzuro kuri mpaga igomba guterwa Intare FC.

Igikomeje kwibazwa ni umwanzuro FERWAFA iza gufata ku bijyanye na mpaga n’ikizakurikiraho kuri Intare FC yahereye muri Werurwe ivuga ko yiteguye gukina na Police FC muri ¼!

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Inkwakuzi zamaze guhaga ipirawu! Hari abayoboke b’idini rya Islam bamaze gutegura ifunguro ry’umusangiro – VIDEWO

Abanyarwanda bari bagize amahirwe! Carlos Alos Ferrer byavugwaga ko yamaze gusezera ku ikipe y’igihugu ntabwo arahaga amafaranga y’u Rwanda