in

Nibo bikozeho: Kimenyi Yves n’umugore we Miss Muyango bagaragaye bari kwikorera utuntu twabo kukarubanda gusa nabo ibyababayeho nyuma nibyo birenze -AMAFOTO

Nibo bikozeho: Kimenyi Yves n’umugore we Miss Muyango bagaragaye bari kwikorera utuntu twabo kukarubanda gusa nabo ibyababayeho nyuma nibyo birenze.

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ndetse akaba n’umukinnyi w’ikipe ya AS Kigali Kimenyi Yves yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yasangije abakunzi be amafoto meza cyane ari kumwe n’umugore ufite uburanga burangaza benshi aho bombi bari bishimanye cyane mbese ubona ko urugo rwabo rwubatse ahakomeye.

Bamwe mu bantu batandukanye bagiye babona amafoto yabo bakagira icyo bayavugaho higanjemo ibyamamare bitandukanye hano mu Rwanda birangajwe imbere na Kwizera Olivier wagaragarije uyu muryango urukundo ndetse n’umukinnyi wa filime nyarwanda Zaba Missed Call wagaragaje ko abafitiye ishyari.

Amafoto:

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ndabona abo bakobwa tungana mu minsi irimbere nda kureba twiganirire! Umunyamakuru w’imikino kuri RBA Jean Claude Kwizigira yagize impungenge ku bakobwa be batangiye kugirwa igitaramo ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto yabo yashyize hanze -AMAFOTO

Ibyayibayeho biteye agahinda: Ikipe y’igihugu y’u Burundi yari yizeye kujya mu gikombe cy’Afurika  yatsinzwe nk’idahari