in

« Nibikomeza kwanga mu mupira ndisubirira ku muziki da » – KNC asubiza abamubajije ku bijyanye n’umuziki we

Kakooza Nkuriza Charles wamamaye nka KNC yasubije abantu bamubajije ku bijyanye n’umuziki yakoraga mu minsi yashize kuri ubu akaba asa nk’uwabihagaritse. Ni mu kiganiro Urubuga rw’imikino yagiriye kuri Radio Rwanda.

Nkuko KNC yabitangaje yavuze ko umuziki atawuretse burundu ahubwo avuga ko nibikomeza kwanga mu mupira w’amaguru azisubirira mu muziki agakomeza gukora indirimbo ndetse no kuririmba muri rusange.

KNC asanzwe ari Perezida w’ikipe ya Gasogi United ya hano mu Rwanda

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwatubyaye Abdul n’umukunzi we bagiye kwibaruka

Ibintu bidasanzwe wamenya kuri TIKTOK imaze kwigarurira imitima y’abatari bake ku isi.