in

“Niba wumva wahaze ibirayi manuka twirebere !” mu ijoro ryahise umuntu yagiye hejuru y’inyubako Nyabugogo ashaka kwiyahura umugambi we uburizwamo

Ku nyubako y’isoko ry’Inkundamahoro riherereye Nyabugogo ni hamwe mu hantu abantu bakunze kwiyahurira kenshi bitewe nuko Nyabugogo ari hamwe mu hantu hahurira abantu benshi kandi bafite ibibazo bitandukanye.

Ku mbuga nkoranyambaga hongeye gucaracara amashusho y’umugabo washatse gusimbu aturutse hejuru, ubwo yari ari mu Nyubako y’Inkundamahoro Nyabugogo.

Ubwo uyu muntu yashakaga gusimbuka, abari hasi ntibigize bamugaragariza impuhwe ahubwo bakomeje kumubwiraga amagambo yo kumujoga, nka “Manuka twirebere, niba wahaze ibirayi manuka, n’andi menshi”.

Gusa ku bwamahirwe uyu muntu yatabawe n’abantu bari hejuru, aho yashakaga kwiyahurira. Reba videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto : FERWAFA ifatanyije na CAF bahuguye abayobozi b’amakipe mu gukoresha ikoranabuhanga .

Amashusho y’umusore wacunze ijoro igeze maze ajya kwimanika ku nyubako y’Inkundamahoro ashaka kwiyahura – VIDEWO