in

Niba uri umuntu w’igitsinagore ukaba ugira impumuro mbi mu myanya y’ibanga yawe,dore impamvu

Igitsina cy’umugore bitewe n’uko giteye ni ahantu usanga hakwiriye isuku kurenza ahandi dore ko isuku ari isoko y’ubuzima.Gusa nanone ntitwabura kuvuga ko igitsina kizima kiba gifite impumuro yacyo, ariko ni impumuro itabangamira nyirayo cyangwa uwo begeranye.

Hari impamvu zishobora gutera impumuro itari nziza mu myanya y’ibanga y’umugore cyangwa umukobwa.Nubwo impamvu zitera impumuro mbi mu gitsina ari nyinshi kandi zinyuranye, iz’ingenzi muri zo twavuga:

  • Indwara ziterwa na bagiteri (nk’imitezi na mburugu)
  • Tirikomonasi
  • Impinduka mu misemburo (kuba uri mu gihe cy’uburumbuke, waracuze cyangwa uri mu mihango)
  • Isuku idahagije no kubira ibyuya cyane cyane ku babyibushye cyane
  • Kwambara pad (cotex) igihe kinini utarayihindura kuko ubusanzwe yagahinduwe buri masaha 4
  • Bimwe mu byo kurya cyane cyane ibirimo ibirungo byinshi

Rero mu gihe uzi ko hari kimwe mu bivuzwe hano kikuriho, gerageza kugikuraho niba ari indwara uyivuze wa munuko uzashira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwakanyujijeho mu rukundo na Zari Hassan arashinjwa ibyaha bikomeye

Umugabo yakubiswe iz’akabwana n’umugore we nyuma yo kwanga kumufurira utwenda twe tw’imbere