in

“Niba ikintu kiswe ikibi ntigikwiye kwezwa bitewe n’uwakivuze” Scovia yatanze ukuri mu nama yari yatumiwe mo agaragaza ko hari abarenganywa bitewe n’ibyo bavuze

Ubwo Scovia yari yatumiwe mu nama yahuzaga Minubumwe n’itangazamakuru yatanze ukuri ku bintu bimwe biba bimeze nk’ibidasobanutse.

Scovia yumvikanye avuga ko niba ikintu kiswe kibi ntigikwiye kwezwa bitewe n’uwakivuze, ubwo niba gutukana mu Rwanda bihanirwa bigomba kuba umuco, ututse undi abihanirwe hatitawe uwo byakorewe cyangwa uwabikoze.

Ndetse yavuze ko itangaza makuru rikwiye kuba nk’umwambaro niba uwambaye ntugukwire wukuremo uwuhe uwo ukwira awambare.

– reba videwo

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

N’ubundi ntibabatekereze ntabwo bahari! Abakinnyi 2 abafana ba APR FC bari bategererezanyije amatsiko igihe bazatangirira gukina kigijwe inyuma kubera ko umutoza Thiery Froger

Aya mezi azajya kurangira bamwe baranguye! Korali y’abadive yahagaritswe amezi menshi kubera gutumira Islaeri Mbonyi ikomeje guteza impaka