in ,

Niba ariho wivurizaga ntabwo uzasubirayo: Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda itangaje ko yafunze amavuriro 8 kubera impamvu yasobanuye mu buryo bwimbitse -ITANGAZO

Niba ariho wivurizaga ntabwo uzasubirayo: Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda itangaje ko yafunze amavuriro 8 kubera impamvu yasobanuye mu buryo bwimbitse.

Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda yasohoye itangazo rigaragaza amavuriro agera ku munani yafunzwe kubera gukora mu buryo butemewe n’amategeko harimo nko gucuruza imiti itemewe ndetse no kuba ayo mavuriro yakoreraga munyubako zitagenewe ubuvuzi n’ibindi.

Itangazo:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru ukunzwe cyane kuri RBA yasebejwe n’umufana ubwo yamubazaga umunyamakuru akunda cyane maze akumusubiza ko ari Axel mu gihe yari aziko ari we agiye kuvuga -AMASHUSHO

“Watangiye kuba umuntu”: Titi Brown nyuma yo kugirwa umwere kucyaha cyo gusambanya umwana yagaragaye mu ishusho nshya ikomeje kuvugisha benshi bitewe n’uko yari ameze -AMAFOTO