Ni we wahaye ikaze Ndimbati i Mageragere! Ibyamamare byasanze Titi Brown muri Gereza bikaba byaranamusizemo.
Nyuma y’uko amaze imyaka igera kuri muri gereza, umubyinnye Titi Brown akomeje kubabaza abatari bake.
Uyu musore amaze imyaka ibiri muri Gereza akaba atari yaburanishwa ngo ahamwe n’icyaha cyangwa ngo agirwe umwere.
Uyu musore ukurikiranyweho ibyaha birimo gusambanya umwana utari wageza imyaka y’ubukure akomeje gusabirwa ubutabera.
Muri iki gihe cyose amazemo, hari bamwe mu byamamare bagiye bamusanga muri gereza ariko bakaza kumusigamo.
Bamwe muri bo ni:
Ndimbati yahawe ikaze na Tity Brown amusiga I Mageragere

Prince Kid yasanze Tity Brown muri gereza amusigamo

Turahirwa Moses yafungiwe i Mageragere ntiyahatinda

Ab Godwin

Ntama Wimana wo kuri Twitter ndetse n’abandi.