in

Ni we wahaye ikaze Ndimbati i Mageragere! Ibyamamare byasanze Titi Brown muri Gereza bikaba byaranamusizemo

Ni we wahaye ikaze Ndimbati i Mageragere! Ibyamamare byasanze Titi Brown muri Gereza bikaba byaranamusizemo.

Nyuma y’uko amaze imyaka igera kuri muri gereza, umubyinnye Titi Brown akomeje kubabaza abatari bake.

Uyu musore amaze imyaka ibiri muri Gereza akaba atari yaburanishwa ngo ahamwe n’icyaha cyangwa ngo agirwe umwere.

Uyu musore ukurikiranyweho ibyaha birimo gusambanya umwana utari wageza imyaka y’ubukure akomeje gusabirwa ubutabera.

Muri iki gihe cyose amazemo, hari bamwe mu byamamare bagiye bamusanga muri gereza ariko bakaza kumusigamo.

Bamwe muri bo ni:

Ndimbati yahawe ikaze na Tity Brown amusiga I Mageragere

Prince Kid yasanze Tity Brown muri gereza amusigamo

Turahirwa Moses yafungiwe i Mageragere ntiyahatinda

Ab Godwin

Ntama Wimana wo kuri Twitter ndetse n’abandi.

 

 

 

 

 

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubu nibwo bukwe abandi barabeshya! Umusore n’inkumi bakoze ubukwe ubundi bakina umukino wo gukuranamo amakariso bakoresheje amenyo ubundi umusore amwereka ko ari legend

Kiyovu Sports iri mu mazi abira nyuma yo kubeshya ko yishyuye umukinnyi ntimwishyure none RIB ikaba igiye kubyinjiramo