in

Ni umuhanga nka se! Umukobwa w’umuhanzi uzwiho ubuhanga, yatsinze ibizamini bya Leta ku rwego rwo hejuru kandi rushimishije

Ni umuhanga nka se! Umukobwa w’umuhanzi uzwiho ubuhanga, yatsinze ibyo ibizamini bya ku rwego rwo hejuru kandi rushimishije.

Umukobwa w’umuraperi Diplomat yagize amanota meza cyane mu kizamini cya leta.

Uyu mukobwa we wakoze mu mashuri abanza, yagize amanota 30/30 mu kizamini cya leta gisoza amashuri abanza.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Diplomat yasohoye amanota y’umukobwa we maze avuga ko anamukunda.

,

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma y’igitabo bita “Kunyaza” hagaragaye inzoga yitiranwa n’igitsina cy’abagore – Ifoto

Hamenyekanye abakinnyi babiri bubahwa cyane muri Rayon Sports ndetse icyo basabye ubuyobozi gihita gikorwa ako kanya