in

Ni uguhembwa mu madorari! Umunsi umwe rukumbi w’umunyarwanda yashyizwe mu basifuzi bazasifura igikombe cy’isi

Ni uguhembwa mu madorari! Umunsi umwe rukumbi w’umunyarwanda yashyizwe mu basifuzi bazasifura igikombe cy’isi.

Umusifuzi mpuzamahanga Uwikunda Samuel ni we munyarwanda ugaragara ku rutonde rw’abasifuzi impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika yatangaje bagiye kwitegura igikombe cya Afurika 2023.

Uru rutonde rwashyizwe hanze kuri uyu wa Kabiri rugaragaraho abasifuzi 32 basifura hagati mu kibuga ari naho hagaragara Uwikunda Samuel ukomoka mu Rwanda.

Muri iki cyiciro mu karere ntabwo ari u Rwanda gusa rufitemo umusifuzi umwe dore ko Kenya n’u Burundi nabyo bifitemo umusifuzi umwe umwe.

Umunyarwanda Uwikunda Samuel usifura hagati ni we wenyine wahamagawe mu myiteguro.

Umunyarwanda Uwikunda Samuel usifura hagati ni we wenyine wahamagawe mu myiteguro y’igikombe cya Afurika 2023(2024).

Aba basifuzi 65 bo hagati no ku mpande kongeraho abo mu ikoranabuhanga rya VAR bagiye gutangira amasomo y’imyiteguro y’igikombe cya Afurika 2023 ariko kizaba mu 2024 muri Côte d’Ivoire hagati y’ukwezi kwa Mutarama ndetse na Gashyantare 2024.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mbabazi Shadia ‘Shaddy Boo’ yanenze uburyo Benie w’imyaka 10 asubiza ibibazo by’abantu bakuru maze aboneraho kugira inama ababyeyi bagenzi be uko batanga uburere – VIDEWO

Kiyovu Sports igiye kongera kwishyura Milliyoni zirenga 15 kubera amakosa Mvukiyehe Juvenal yakoze abayovu ntibabyakire neza