in

Ni indege yo ku butaka! Hagaragaye ya modoka y’igitangaza The Ben yahaye umugore we Miss Uwicyeza Pamela (Amafoto na Videwo)

Umuhanzi Nyarwanda, Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben uri kunarizwa mu Burundi aho ari kwitegura gukora igitaramo, hagaragaye amashusho ari kumwe n’umugore we, Miss Uwicyeza Pamela iruhande rwabo hari imodoka y’ihagazeho.

Ni imodoka yo mu bwoko bwa Range Rover, bivugwa ko ariyo Pamela yahawe nk’impano n’umugabo we The Ben.

Reba Video aho hasi:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Nzajya kwiba Telefone wenda bazandase” I Kigali Umunyonzi yiyemeje kuyoboka ubujura bwa terefone nyuma y’ibyo Polisi iri kubakora

“Icyama umunsi umwe nkicara mu kadege” Kenny Sol ntakiri kubarizwa ku butaka bw’u Rwanda