in

Ni ibizungerezi gusa! Ubwiza bw’abakobwa 2 b’abasesenguzi mu kiganiro Urubuga rw’imikino kuri RBA bukomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga

Hashije iminsi mike, Radiyo Rwanda ishyize hanze imyambaro mishya y’abanyamakuru bakora ikiganiro cy’imikino ‘Urubuga rw’imikino’.

Mu banyamakuru bagaragaye bambaye iyi myambaro y’abanyamakuru b’ikiganiro harimo abakobwa 2 bafite ubwiza bukomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga.

Aba banyamaku b’abasesenguzi ni Alice Masinzo kinyange usanzwe ari umunyamakuru kuri Magic FM na Cynthia Naissa ubu uri kuri Radio y’abaturage ya Rubavu.

Aba bakobwa bombi baza mu kiganiro Urubuga rw’imikino nk’abasesenguzi ku ngingo runaka.

. Cynthia Naissa wa Radio Rubavu ishami rya RBA

. Alice Masinzo kinyange usanzwe kuri Magic FM

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje: Juventus yanze gutererana umukinnyi wayo

“Nuko uradukoze” Rocky yafashe gitari acuranga ari no kuririmba ariko abantu bakomeje kubona ashaka kongera ibibazo abantu bafite -videwo