in

Ngubu uburyo busekeje abagore basigaye batangamo care(Video)

Mu rukundo habamo amabanga menshi ndetse n’uburyo abakundana bitanaho(bahana care).Nkuko bivugwa ngo muri ubu buryo bushya bwo gutanga care ,umugore akoresha ikirenge akajya agikandagiza mu bwanwa bwumukunzi we aho gukoresha intoki ze, maze akajya akimushimisha ahantu hose mu maso nk’urimo kumukorakora.Hari umugabo wavuze ko ubu buryo yabukorewe avuga ko bwamunyuze.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

« Icyaha ndacyemeye… keza pucurii… » – Ibyavuzwe n’abafana ba Queen Cha nyuma yo kubona videwo ye

Miss Pamella Uwicyeza yakoreye ikintu gikomeye umuhanzi The Ben (video)