in

N’Golo Kante mu rukundo rutangaje n’umugore umurusha imyaka 15 unafite abana

Iyo uvuze abakinnyi bitwaye neza mu ikipe ya Chelsea mu mwaka w’imikino wa 2020-2021, aho Chelsea yatwaragamo igikombe cya Champions league, ntabwo wakwibagirwa N’Golo Kante.

Uyu mugabo ukinira kipe y’igihugu y’Ubufaransa guta akaba afite amamuko ku mugabane wa afurika, ari murukundo rukomeye n’umugore umurusha imyaka 15 yose unafite abana.

N’Golo Kante akaba Ari mu rukundo rw’ibanga rikomeye n’umugore witwa Jude Littler, bose bakaba batarashatse gushyira hanze ikintu na kimwe cyerekeranye n’ubuzima bwabo bwite.

Umugore wa N’Golo Kante, Jude Littler yavukiye mu gihigu cya Wales, tariki 30,  Ukuboza mu mwaka wa 1975, aho ubuzima abugira ibanga rikomeye ku buryo nta n’imbuga nkoranyambaga ajya akoresha atangazako akunda kwiyicarira mu rugo akarera abana be batatu.

Jude Littler n’abana batatu yabyaranye na Djibril Cisse

Uyu mugore yakudanye n’unusore wagize akinura ikipe ya Liverpool Djibril Cisse, ari nawe babyaranye bano bana batatu bose.

Kuri ubu N’Golo Kante nta mwana n’umwe arabyarana n’uyu mugore, Jude Littler, abana bose batatu ni aba Djibril Cisse.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nimumenya impamvu Jay Squeezer bamwise umwami w’abagore muraseka mwihirike (video)

Breaking news: As Kigali yongeye gutera gapapu Rayon sport fc