in

Ngizi couples z’abastar nyarwanda zirimo gutwika kurusha izindi muri iyi minsi

Muri iki gihe hari couples z’abastar zirimo kugenda zigarukwaho cyane ndetse zinavugwa na benshi bitewe n’ibintu bitandukanye bagenda bakora.

Hano twabakoreye urutonde rwa couples z’abastar nyarwanda zirimo gutwika muri iyi minsi.

1. The Ben na Miss Pamella

2. Juno Kizigenza na Ariel Wayz

3. Kimenyi Yves na Miss Uwase Muyango Claudine

4. Lague Byiringiro na Kellia Uwase

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nawe wasobanukirwa igitera kwayura n’akamaro bifitiye ubuzima bwacu

Igisubizo ku bibaza niba Kami na Keza bakina muri Impanga Series ari umuntu umwe