in

Igisubizo ku bibaza niba Kami na Keza bakina muri Impanga Series ari umuntu umwe

Fleury Ndayirukiye uzwi cyane ku izina rya Fleury Legend akaba ari nawe uyobora filime izwi nka Impanga Series yamaze amatsiko abantu benshi bibazaga niba Kami na Keza bakina mu Impanga Series ari umuntu umwe. Mu kiganiro Sunday Night show aho Fleury Legend yari yatumiwe nk’umutumirwa yabisobanuye nyuma yo kubibazwa na benshi mu bari bakurikiye iki kiganiro.

Mu magambo ye bwite, Fleury Legend yagize ati « Abantu bagomba kumenya ko hari Bahavu Jannet umwe hakaba na Kami na Keza bakina mu Impanga Series ntakindi ».

Kami na Keza bari mu bakinnyi bakina mu Impanga Series

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ngizi couples z’abastar nyarwanda zirimo gutwika kurusha izindi muri iyi minsi

Ruhango: Abavandimwe bavuye mu byabo batangira urugendo rugana i Siyoni