in

‘Nge nagiye gato ngarutse nsanga isoko ryose riri gushya’ Abakoreraga mu isoko rya Ndera nti bumva ukuntu isoko ryose ryashya mu kanya nkako guhumbya ntihagire n’ikintu na kimwe baramura

‘Nge nagiye gato ngarutse ngarutse nsanga isoko ryose riri gushya’ Abakoreraga mu isoko rya Ndera nti bumva ukuntu isoko ryose ryashya mu kanya nkako guhumbya ntihagire n’ikintu na kimwe baramura

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere taliki 5 Kamena, 2023 ni bwo isoko rya Ndera riherereye muri Gasabo ryahiye rigakongoka abarikoreragamo ubu bakaba bari kuririra mu myotsi.

Bamwe mu bakoreraga muri iri soko baganira n’itangazamakuru bari bafite agahinda gakomeye cyane kuko benshi mu bakoreraga muri iri soko bakoreshaga inguzanyo bahawe n’ama banki, ndetse bavuga ko n’abo batazi uburyo byagenze kuko ibi byose byabaye mu kanya nkako guhumbya kuko hari abagiye hanze gato bagarutse basanga isoko ryose ryafashwe.

Kuri ubu nti hazwi icyaba cyateye iyi nkongi nyamukuru gusa haracyakorwa iperereza , ni nako Ubuyobozi bushishikariza abaturage bose kugana ibigo bitanga ubwishingizi ubundi bagashinganisha ibicuruzwa by’abo ku buryo igihe habaye ikibazo nkiki badasigara iheruheru.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Narakubonye nshatse kugenda mbura intege, nshatse guhumbya mbura ingohe… – Umutoma W’umunsi

Nabo bamaze gusezererwa! APR FC yamaze gusezera bamwe mu bantu bayifashije muri iyi sezo nyuma y’umwaka umwe gusa basinye amasezerano