in

Ngabo Roben usanzwe ari umuvugizi wa Rayon Sports yavuze ko iyi kipe iri gukina imikino ya Shampiyona idafite umutoza mukuru – VIDEWO

Ngabo Roben usanzwe ari umuvugizi wa Rayon Sports yavuze ko iyi kipe iri gukina imikino ya Shampiyona idafite umutoza mukuru.

Avuze ibi nyuma y’uko umutoza Mohamed Wade ariwe uri kuyitoza gusa akaba adafite lisansi A imwemerera kuba umutoza mukuru.

Yakomeje avuga ko hari abatoza 100 bifuza gutoza Rayon Sports. Yagize ati “Wade afite ibyangombwa ariko ntiyaba umutoza mukuru wa Rayon Sports.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mike La Galette wabaye umufana ukomeye wa APR FC na Amavubi yasezeweho bwa nyuma

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze guhereza amabaruwa asezerera abakinnyi babiri bataha izamu muri iyi kipe kubera ikibazo gikomeye