Neymar Jr uri mu bakinnyi bakize cyane magingo aya, ubu ikipe yose imwifuza bavugana akaba yava mu ikipe ya Paris Saint Germain akaba yakwerekeza aho azakina season y’umwaka utaha.
Amakuru yabanje gutangira avuga ko ashobora gusubira camp nou ariko amfaranga ahembwa Barcelona ntago yayabona niyo mpamvu Laporte avuga ko nta gahunda ya Neymar.
Amakuru aravuga ko Erik Ten Hag ashatse ngo yavugisha Neymar akaba yakwerekeza muri iyi kipe umwaka utaha nawe akazaba umukinnyi ngemderwaho nubwo muri iyi minsi biri kumujabuka.