in

Neymar Jr yatwaye ballon d’or ye nyuma yo gutera inda yavuze byinshi yifashisha na Bibiliya

Umukinyi w’umuhanga gusa ukunze kwibasirwa n’imvune umunya Brazil Neymar Jr yagaragaje ibyishimo bidasanzwe nyuma yo gusanga yarateye inda umukuzi we bari kumwe muri ino minsi.

Babinyujije Ku mbuga nkoranya mbaga zabo by’umwihariko Instagram zabo Neymar jr na brunabiancardi umukuzi we banditseho bati:

‘‘dutekereza Ku buzima bwawe, dutekereza kuza kwawe kandi tuzi ko uzaza ugakomeza urukundo rwacu, ukanatuma Duhorana ibyishimo igihe cyose.

Uzaba mu muryango wishimye hamwe nababyeyi bababyeyi bawe, ba so wanyu ba nyoko wanyu bose bagukunda urukundo rudasanzwe.

Tuguhaye ikaze muhungu wacu, turagutegereje cyane.

Ntakumenye ntarakurema mu nda ya nyoko kandi na kwejeje ngushyiriraho kuba umuhanuzi uhanurira amahanga yose’’. Yeremiya 1.5

Neymar Jr amaze igihe afite imvune aho yavunitse mu kwezi kwa 2 mbere yuko ikipe ye ya Paris saint Germain ikina na Bayern Munich muri 1/8 cya UEFA champions league.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibuye rimwe ryishe inyoni 2! Bahavu Jeanette agiye guhabwa ya modoka ye amaze iminsi yirukaho ndetse yongereweho n’umuba w’amafaranga

Aisha we yanze kwigira mwiza, Aisha avuze uko yiyumvishe igihe yakoraga imibonano mpuzabitsina bwa mbere (ata ubusugi)-Videwo