in

Ndongora nigendekere! Gatanya zikomeje kwikuba umusibiriza abagore bakaza ku isonga ryo kuba aribo ba nyirabayazana bazo

Ndongora nigendekere! Gatanya zikomeje kwikuba umusibiriza abagore bakaza ku isonga ryo kuba aribo ba nyirabayazana bazo.

Raporo y’Urwego rw’Ubucamanza mu Rwanda yerekana ko mu mwaka wa 2022/2023 inkiko z’u Rwanda zemeje ko gatanya za burundu 3075 zatanzwe ku bashakanye byemewe n’amategeko.

Uyu mwaka w’ubucamanza ni uwatangiye muri muri Nyakanga 2022 usozwa muri Kamena 2023.

Urwego rw’Ubucamanza rugaragaza ko ibibazo byiganje kuruta ibindi mu manza mbonezamubano ari ibyerekeye gutandukana burundu, amasezerano y’ubucuruzi no kwemeza ko umuntu yapfuye.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Genda The Ben urarenze! Inkuru yamaze kuba Kimomo y’uko hari abantu bagomba kwishyura miliyoni 10 kugira ngo babone The Ben

B Threy n’umugore we Keza Nailla ntibigeze basezerana imbere y’amategeko kubera impamvu ziri gutera ubwoba abafana babo