in

Ndimbati mu magambo akomeye cyane yahaye ubutumwa abamaze iminsi bamwibasira

Uwihoreye jean Bosco wakomeje kwibasirwa nabatari bake nyuma yo kugirwa umwere yatanze ubutumwa bukomeye cyane abinyujije ku rubuga rwe rwa instagram.

Yagize ati:”kwishima ni bimwe mubyo umuntu agenewe ariko no kubabara nibyacu kuko ntaho twabihungira ntawe byagenewe wenyine”

Mu butumwa yatanze yirinze kugira uwo avuga gusa    ibyo byose abikoze nyuma yaho agizwe umwere ku byaha byo gusambanya umwana utaruzuza imyaka yashinjwaga.

Ubu ari iwe murugo kandi yatangaje ko we n’umugore we bishimye nyuma yibyo yanyuzemo byose.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru ateye amatsiko kuri Haruna Niyonzima

Umu Miss wegukanye ikamba mu irushanwa rya Miss Rwanda yahishuye ko ari mu rukundo