in

Ndimbati ku munsi wanyuma we w’urubanza

Uwihoreye Jean Bosco wamamaye nka Ndimbati muri Sinema nyarwanda ukomeje kuburana ku cyaha ashinjwa cyogufata ku ngufu.p

Arasomerwa umwanzuro w’urubanza uyu munsi tariki 29 Nzeri 2022 niba akatirwa agakomeza gufungwa cyangwa arekurwa agataha.

Tariki 29 Nzeri 2022 ku isaha ya Saa 15h30 nibwo urukiko rw’isumbuye rwa Nyarugenge rwatangaje ko Uwihoreye Jean Bosco afungurwa Bidasubirwaho.

Icyaha yarakurikiranyweho cyo gusambanya umwana utaruzuza imyaka y’ubukure ntago cyamuhamye kuko yagizwe umwere.

Kuko igihe yavukiye kerekanye ko yari yujuje imyaka y’ubukure itariki y’amavuko ye yukuri ni 1 Mutarama 2002.

Bigaragaza ko mu ntangiriro za 2020 ibi byabereye yari afite imyaka 18.

Ubwo aheruka kuburana nta mwanzuro w’urukiko watanzwe gusa nubwo yarafunze yari akiri mu minsi mirongo itatu (30 days) y’agateganyo kuko icyaha ntago cyamuhamaga.

Uyu mwanzuro wasomewe ku rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ruherereye i Nyamirambo.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Haringingo Francis yatangaje umukinnyi umwe rukumbi ukomeye wari uri gufasha Rayon Sports atazakoresha kuri Marine FC

Breaking news: Umuyobozi ukomeye wa Kiyovu Sport areguye