in

NdababayeNdababaye

Ndi Bishop ariko nemera cyane Anita Pendo|Mbona turi kimwe|Bishop Brigitte.

Uyu Bishop Brigitte ukunze kudatsimbarara cyane ku mahame y’idini yongeye kwirekura maze avuga ko abona ameze nk’umushyushya birori ,Dj Anita Pendo .

Bishop Brigitte ufite itorero ryitwa Power of God Ministries aganira na ISIMBI TV yavuze byinshi bitandukanye birimo uburyo abanyemo n’umugabo we, usengera muri katolike,aho yavuze ko ntacyo bitwaye ku rugo rwabo.Yakomeje avuga ko hari benshi bibasira abandi bakabacira urubanza kandi atari bo mana, yongeraho ko abona ameze nka Anita Pendo kubera umutima agira.Ati:”Meze nka Anita Neza,ndi Bishop ari mwemera kubi”.

Yanafasha umwanya agira inama abakobwa bicuruza avuga ko bakwiye gushaka icyo bakora,aho guhagarara ku muhanda bategereje abagabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yishwe n’agahinda afata Tingatinga asenya inyubako ihenze cyane yari yarubakiye inkumi ikaza kumubenga (AMAFOTO +video)

Mu marira menshi umugore wa wa musore mwiza uherutse kwitaba Imana yavuze amagambo akomeye ku rupfu rwe.