in

Ndakuburiye! Mugobo ntuzishuke ngo unywe inzoga mbere yo gutera akabariro kuko ibi byose nibyo bigutegereje

Abantu benshi baziko kunywa inzoga mbere yo gutera akabariro bituma imbaraga ziyongera muri icyo gikorwa gusa Healthline.com ivuga ko atari byiza kubikora.

Impamvu batanga ni uko iyo unyweye inzoga umubiri wawe urarananirwa bityo bigatuma udatera akabariro neza.

Inzoga kandi zishobora gutama ukomeretsa uwo muri gukorana icyo gikorwa.

Ikindi kuko uba nta bwenge buri ku murongo ufite, ushobora kwisanga wakoze amabara muri icyo gikorwa ukarongora umukunzi wawe ahatarabugenewe.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali barayititiza: Umuhanzikazi Marina Deborah na Li-John Pro hamwe nundi muhanzi ukomeye bagiye gukora indirimbo yagatangaza

Itangazo risohotse nonaha kandi ryihutirwa ku Bayisilamu bose ndetse n’abavumbyi babo