in

Kigali barayititiza: Umuhanzikazi Marina Deborah na Li-John Pro hamwe nundi muhanzi ukomeye bagiye gukora indirimbo yagatangaza

Umuhanzi umaze kwerekana ko afite impano idasanzwe Li-John Producer agiye gushyira hanze indirimbo yahurijemo abahanzi bakomeye cyane hano mu Rwanda.

Li-John Producer nyuma yogukorana indirimbo n’umuhanzikazi Marina Deborah bikagenda neza yongeye kumutekerezaho maze yongeramo umwe mu basore bakunzwe cyane uzwi ku izina rya Afrique benshi bamenye mu ndirimbo yise”Agatunda”.

Li-John uzwiho kuriramba neza ndetse akaba n’umuhanga mukuvanga imiziki biravugwako indirimbo ye ari gukorana naba bahanzi igeze kure ndetse ko iyi ndirimbo bayise ” Ready now”.

Iyi ndirimbo yatangiye kuvugisha benshi bitewe n’ubuhanga aba bahanzi bazwiho dore ko yaba Marina Deborah ndetse na Afrique bose bari kwisonga mu bahanzi nyarwanda bakora indirimbo bozagakundwa.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore yataye umugabo we ajya kwirongoza ku muturanyi kubera impamvu abagore bose batakwihanganira

Ndakuburiye! Mugobo ntuzishuke ngo unywe inzoga mbere yo gutera akabariro kuko ibi byose nibyo bigutegereje