in

“Ndagira inama RIB yo gukodesha sitade Amahoro” Umutesi Scovia nyuma yo kubona ibyabaye kuri Jean Paul yagiriye inama RIB yo gukodesha sitade Amahoro ngo bajye bayikoresha ikintu cyatangaje benshi – videwo

Scovia nyuma yo kubona ko Nkundineza Jean Paul yatawe muri yombi azira gutukana mu ruhame no gukoresha amagambo yo kwibasira no guhohotera abandi, yagiriye inama RIB yo gukodesha sitade Amahoro ngo ijye ifungiramo abantu batukana kuko ngo itabona aho ibafungira.

Ibi yabivuze nyuma yuko ngo RMC ariyo yakagombye gukurikirana no guhana Jean Paul utarakurikije amategeko y’umwuga. – umva amajwi muri videwo ikurikira.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abaturarwanda bose basabwe kwitegura! Uko iteganyagihe ryo mu Rwanda riraba rimeze kuri uyu Gatanu tariki ya 20 Ukwakira 2023 hagati ya saa 06:00 na saa 12:00

I Nyarugenge, Umugabo yasanze umugore we ari muri Ghetto y’umusore baturanye rwahanye inkoyoyo